News

Muri ibi birori byo gutanga ibihembo ku bahanzi bitwaye neza, abahanzi nka Lil Wayne, Teyana Taylor, GloRilla, Playboi Carti, ...
CEEAC igizwe n’ibihugu birimo Angola, Congo, RDC, Cameroun, Gabon, Tchad, Guinée équatoriale, Centrafrique, u Rwanda, u ...
Ambasaderi w’u Rwanda muri Kenya, Ernest Rwamucyo yashyikirije Perezida William Ruto impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda muri icyo gihugu. Amb Rwamucyo yavuze ko azirikana kandi agaha ahaciro ...
Perezida Paul Kagame yatangiye uruzinduko rw’akazi rw’iminsi ibiri muri Algeria, aho yatumiwe na mugenzi we w’icyo Gihugu, Abdelmadjid Tebboune. Perezida Kagame yakiriwe na Perezida Abdelmadjid ...
Mu gikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi, Umuryango wa Unity Club Intwararumuri wahumurije ababyeyi b’Intwaza batujwe mu rugo rw’Impinganzima rwa Nyanza bagizweho ingaruka ...
Abayobozi b’Ingabo z’u Rwanda n’iza Tanzania zikorera mu bice bihana imbibi n’ibihugu byombi bahuriye i Nyagatare mu Ntara y’Iburasirazuba. Iyi nama ya 12 yigiwemo ingamba zo ku kurushaho kunoza ...
Minisitiri w'Intebe Dr Ngirente Edouard yashimye intambwe ikomeje guterwa n’u Rwanda mu kwigisha amasomo y’imyuga, tekiniki n’ubumenyingiro, aho kuri ubu Rwanda Polytechnic, igiye guha igihugu abakozi ...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu, Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda, Brig Gen Ronald Rwivanga, yifatanyije n’abanyeshuri, abarimu, abayobozi n’ababyeyi bo muri Lycée Notre Dame de Cîteaux, mu gikorwa cyo ...
Umugaba w'Ingabo z'u Rwanda zirwanira ku Butaka, Maj Gen Vincent Nyakarundi, yitabiriye Inama ihuza abayobozi bakuru mu ngabo zirwanira ku butaka muri Afurika irimo kubera i Accra muri Ghana. African ...
Perezida Paul Kagame yavuze ko ibyo u Rwanda rwanyuzemo mu myaka 31 ishize ari ikimenyetso cy’uko Abanyarwanda badashobora gufata kubaho nk’impuhwe, ashimangira ko aho gutegereza kwicwa abantu ...
Madamu Jeannette Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga itegura ibikorwa byo Kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi, abitabiriye iyi nama bakaba bahurije ku kuba ibikorwa byo kwibuka bigomba ...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, ni bwo inkuru y’incamugongo yasakaye hose ko Mukuralinda Alain wari Umuvugizi Wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda, yitabye Imana azize uburwayi bwo guhagarara ...