Perezida Kagame kandi yakiriye intumwa y’Inteko Ishinga Amategeko ya Amerika, Dr. Ronny Jackson, baganira ku bufatanye ...
Ibi yabivuze ubwo hatangazwaga imibare ijyanye n’uko umusaruro mbumbe w'umwaka wa 2024 wari uhagaze. Murangwa Yusuf ari kumwe ...
Umuyobozi ushinzwe ishyirwa mu bikorwa ry'Imishinga mu Kigo gishizwe guteza imbere Ubwikorezi mu Rwanda, RTDA, Gihoza Mivugo ...
Abanyamahanga bashoye imari mu Rwanda bishimira umutekano w’ishoramari ryabo riri mu Gihugu ndetse n’ingamba zashyizweho mu kuborohereza. Byatangajwe n'Umuyobozi w'Ikigo cy'Ishoramari cya Homart Group ...
Ikigo cy'Igihugu gishinzwe Ibizamini n'Ubugenzuzi bw'Amashuri, NESA, cyatangaje ko ari bwo bwa mbere abanyeshuri bazakora ibizamini bya Leta bisoza barangije kwiyandikisha mu gihe cyateganyijwe ...
Abanyamahanga bashoye imari mu Rwanda bishimira umutekano w’ishoramari ryabo riri mu gihugu, ndetse n’ingamba zashyizweho zorohereza abanyamahanga. Babigarutseho ubwo bamurikaga ku mugaragaro ...
U Rwanda rukomeje kwitegura isuzuma mpuzamahanga ryitwa PISA [Programme for International Student Assessment] rizaba muri uyu mwaka, aharebwa uko uburezi bwarwo buhagaze ubugereranyije n'ahandi ku Isi ...
Abaturage begerejwe imiyoboro y’amazi meza mu Turere twa Karongi na Rutsiro, barasabwa gushyira imbaraga mu bikorwa byo kuyageza mu ngo zabo kugira ngo barusheho kugira amazi meza hafi no guhendukirwa ...
Perezida Kagame yemereye Ubwenegihugu bw'u Rwanda, umuhanga mu kuvanga imiziki, Iradukunda Grace Divine uzwi ku izina rya Dj Ira. Kuri iki Cyumweru, ubwo yari mu basaga 8000 bitabiriye gahunda yo ...
Abayobozi b’Ibigo nderabuzima mu Ntara y'Amajyepfo, basabye Ikigo cy'igihugu cy'ubwiteganyirize mu Rwanda, RSSB kujya cyishyurira babyeyi bitegura kubyara bagana ibigo nderabuzima, bashyirwa muri ...
Some results have been hidden because they may be inaccessible to you
Show inaccessible results