News
Irushanwa ryo kwibuka abo mu muryango mugari wa Basketball bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 ryatangiye gukinwa kuri ...
Haringingo asize Bugesera FC yaramaze gusezererwa mu mikino y’Igikombe cy’Amahoro ndetse muri Shampiyona iri ku mwanya wa 15, ...
Police FC yatsinze Gasogi United mu mukino ufungura iy’umunsi wa 24 (Amafoto) Police FC yatsinze Gasogi United, ibitego 2-0 ...
Ikigo cy’Abadage “Volkswagen Group” cyatangiye ibiganiro na Guverinoma y’u Rwanda bigamije kwagura ishoramari ryacyo mu Gihugu, rikava ku kuruteranyirizamo imodoka nto, rikagera no ku guteranya ...
Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda (RDF), Brig Gen Ronald Rwivanga, yasabye abakiri bato guhangana n’abapfobya Jenoside yakorewe Abatutsi ku mbuga nkoranyambaga. Ibi yabitangaje kuri uyu wa Gatanu, ubwo ...
Abadepite bagize komisiyo y’Ubumwe bw’Abanyarwanda, Uburenganzira bwa Muntu no Ku rwanya Jenoside basabye Urwego rw’Abanyamakuru Bigenzura, RMC, gukemura ikibazo cya bamwe mu banyamakuru batangaza ...
Minisitiri w’Ubutabera akaba n’Intumwa Nkuru ya Leta, Dr Ugirashebuja Emmanuel, yatangaje ko hari gukorwa umushinga w’ubwenge buhangano (AI) uzahuriza hamwe amategeko yose by’umwihariko afite icyo ...
Kuri uyu wa Kabiri, Perezida Paul Kagame yakiriye muri Village Urugwiro, abayobozi batandukanye barimo Minisitiri w'Ububanyi n'Amahanga wa Sénégal, Yassine Fall, wamugejejeho ubutumwa bwa Perezida ...
Itsinda ry’Abaririmbyi rya Healing Worship Ministry ryatangiye imyiteguro y'Igiterane cyo guhimbaza Imana ryise 'Heal Fest Worship Experience'. Iki gitaramo kizaba tariki 15 Kamena 2025, muri Camp ...
Some results have been hidden because they may be inaccessible to you
Show inaccessible results